in

NdabikunzeNdabikunze

I Kigali: umukobwa yagaragaye yasinze bikomeye,ibyo akoreye motari ni akumiro.

Uyu mukobwa utatangajwe amazina yagaragaye mu Biryogo yasinze bikomeye ,aho yagendaga yigaragura hasi.Uyu mukobwa rero akaba yaje gutega moto ayivaho atishyuye .

Yigaraguraga hasi

Ni mu mashusho dukesha Kigali 250 aho uyu mwari yaragaye akora ibidakorwa bitewe no gusinda.Uyu mukobwa wari ushengerewe n’abatari bake mu muhanda,yaje gutega umumotari maze agenda inzira yose yazamuye amaguru ashaka kurira mu mahembe ya moto.Yaje kugera aho yajyaga maze ava kuri moto,atishyuye ndetse yenda kurwana na motari.

Abamurebaga mu muhanda bari bumiwe bavuga ko iyi mico y’ubusinzi itari ikwiye umwari w’u Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mugabo ufite abagore 8 n’abana 50 ahishuye ikintu gisekeje agiye kubakorera.

Umugore yabyaye umwana ufite isura y’abasaza.