in

I Kigali, Umukobwa arashaka kurongorwa n’umwarimu we umurusha imyaka 30 gusa umuryango we ntubishaka kandi nyamukobwa yasheze

I Kigali, Umukobwa arashaka kurongorwa n’umwarimu we umurusha imyaka 30 gusa umuryango we ntubishaka kandi nyamukobwa yasheze.

Ku rubuga rwa Facebook, umukobwa yagishize inama aho avuga ko ashaka kubana n’umwarimu we umurusha imyaka 30 gusa umuryango ntubishaka.

Yagize ati: “Mwaramutse neza. Cheri wanjye twakundanye nkiga muri kaminuza. Yari umwalimu wanjye, biza kurangira dukundanye ubu turitegura no kubana nubwo umuryango wanjye utabyumva. Bamwangira ibintu 3; icya mbere ngo ni anduta cyane, andusha imyaka 30 (mfite imyaka 25 , we afite 55). Icya kabiri ni uko yabaye umwalimu wanjye, bakeka ko yamfatiranye nkiri umwana ntarabasha kwifatira imyanzuro. Icya gatatu ni uko arwaye cancer kandi abaganga bamubwiye biri kugenda biba bibi cyane. nukuli ibi byose njye ntacyo bimbwiye, ndamukunda cyane. Ndifuza kuba umugore we, nawe akambera umugabo, tukabyarana kuburyo niyo yatabaruka nasigarana urwibutso rwe. Mungire inama!”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Munsi y’umukandara hahungabanye! Yirukanwe azira kujya mu kazi yambaye ikariso ikishushanya ku mabuno bigatuma abagabo bahungabana mu ipantaro

Miss Nyambo yerekanye icyo arusha izindi nkumi -AMAFOTO