in

I Kigali, mu ijoro abatunze imodoka baraye batonze Umurongo kuri za sitasiyo za Lisansi bagiye kunywesha ibiciro bitari byazamuka (AMAFOTO)

I Kigali, mu ijoro abatunze imodoka baraye batonze Umurongo kuri za sitasiyo za Lisansi bagiye kunywesha ibiciro bitari byazamuka.

Hirya no hino muri Kigali ku mugoroba wo kuri uyu kabiri, kuri sitasiyo za lisansi na mazutu hagaragaye umurongo muremure w’ibinyabiziga bishaka lisansi. Kugira ngo umuntu abone lisansi, birasaba gutonda umurongo no gutegereza umwanya munini.

Uyu murongo watewe ni uko wari umunsi wa nyuma wo kunywesherezaho Lisansi ku giciro cyiri hasa.

Ejo yari iri kugura 1600 ubu yageze ku 1800.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Niwe cyamamare mu Rwanda gitunze imodoka nziza kandi ihenze ! Intore Massamba yemeje abantu bose ubwo yerekanaga imodoka agendamo – Amafoto

RIP: Intore Massamba ari muri Canada aho yitabiriye igitaramo cyo kuzirikana umwishya we witabye imana