in

I Kigali izuba ryababanye ryinshi, umugabo yageze mu muhanda umwe w’i Kigali ni uko maze atangira kuwukoreramo ibintu byateye benshi kubona ko yavangiwe bitewe n’ibyo yakoraga (VIDEWO)

I Kigali izuba ryababanye ryinshi, umugabo yageze mu muhanda umwe w’i Kigali ni uko maze atangira kuwukoreramo ibintu byateye benshi kubona ko yavangiwe bitewe n’ibyo yakoraga.

Umugabo wari ufite inkoni, igikapu ndetse n’ijire yageze mu muhanda ni uko maze yigira Polisi atangira guhagarika imodoka.

Ni amashusho akomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye aho abari kuyabona bose bari kwibaza icyo uyu mugabo yari yabaye kugira ngo akore ibyo.

VIDEWO

https://www.instagram.com/reel/CvakXvJsrij1HZRK2bbs1-J10Ww4W10hGH3SzQ0/?igshid=MzRlODBiNWFlZA==

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu bitanu by’ingenzi kurusha amafaranga ndetse bishobora gutuma ubaho neza kurusha uko waba ufite ama million 

Ikipe ya Rayon Sports yakinzwe ibikarito mu maso igura abakinnyi bizagorana kugira icyo bayifasha usibye umukinnyi umwe witezweho byinshi