in

Huye: Imirimo yo gushakisha abantu 6 bagwiriwe n’ikirombe yasojwe

Hari gashije iminsi 16 hashakishwa abantu 6 bagwiriwe n’ikirombe mu karere ka Huye mu murenge wa Kinazi, nono imirimo yo kubashakisha yahagaritswe.

Hafashwe icyemezo cyo guhagarika ibikorwa gusa nta n’umwe wabonetse, kuva tariki 19 Mata 2023, ubwo hamenyekanaga amakuru avuga ko aba bantu bagwiriwe n’ikirombe.

Nk’uko bitangazwa n’umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavuze ko guverinoma yakoze ibishoboka byose ishamisha aba bantu ariko ntihagira icyo bitanga bityo hafatwa icyemezo cyo kubihagarika nyuma yo gusura bene wabo n’imiryango ifite ababo bagwiriwe n’ikirombe.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yateruwe nk’akana! Umufana wa Bushali yihaye ibyo kumusanga ku rubyiniro maze bahamukura amaguru adakora hasi bamujugunya kure (VIDEWO)

Rubanda baranakomera! Umusore w’i Kigali yaturutse ku rubyiniro arasimbukwa agwa mu bafana baramwitaza yikubita hasi ntiyagira icyo aba (VIDEWO)