in

Hitabajwe abagabo barenga 20: Abaturage bafashe ingagi yari yabateye mu giturage maze bayizirika ku biti barayijyana

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara ifoto y’abagabo barenga 10 bikoreye ingagi.

Aba bagabo baba baziritse iyi ngagi ku biti byiza byiza by’imigano maze barayijyana.

Ni ingagi yafatiwe mu mirima y’abaturage aho bahise bayifata bayisubiza aho igomba kuba.

Igiturage cyabereyemo ibi ntabwo cyigeze gitangazwa n’abasohoye iyo foto.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ahahira mu iduka rimwe na Mbappé: Umuhanzi nyarwanda yatunguranye mu isaha igura amamiliyoni yagura akageretse i Nyamata

Dore nomero za Telefone zashyizweho na Polisi y’u Rwanda wahamagara mu igihe uhuye n’ikibazo gicyemurwa n’uru rwego