in

Hirya no hino mu mujyi wa Kigali kuri sitasiyo za lisansi na mazutu hari umurongo muremure w’ibinyabiziga bishaka lisansi (AMAFOTO)

Ku mugoroba wo kuri uyu kabiri, hirya no hino kuri sitasiyo za lisansi na mazutu muri Kigali hagaragaye umurongo muremure w’ibinyabiziga bishaka lisansi.

Kugira ngo umuntu abone lisansi, birasaba gutonda umurongo no gutegereza umwanya munini. Ibi bije nyuma y’uko RURA itangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli, aho lisansi yavuye ku 1,639 Frw kuri litiro, igashyirwa ku 1,882 Frw, naho mazutu litiro iva ku 1,492 Frw, ishyirwa kuri 1,662 Frw.

Ibi biciro bishya bizatangira gukurikizwa guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Ukwakira 2023.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Habuze uhoza undi! Tidjara Kabendera akibona The Ben ari kurira nawe yahise ariri ndetse kandi yavuze ko hari abagore bahohoterwa bakicecekera – VIDEWO

Uyu we azasimbura Producer Elements Eleeh: Umukobwa wa Bruce Melodie yagaragaje ubuhanga budasanzwe bwo gucuranga piano Se ari kuririmba iwabo mu rugo bahagize nko muri sitidiyo – VIDEWO