in

Hehe no kongera guterwa ipfunwe ry’uruhu rwawe rukanyaraye! Subirana uruhu rufite itoto mu byumweru bibiri gusa kuko ibiheri, amabara n’imiburu byose biba bigiye

Buri muntu yifuza kugira uruhu rwiza rworohereye mu bandi, twita ku ruhu ni kimwe mu birango by’ubwiza cyane ku bakobwa n’abagore. Ariko abenshi bagerageza ibintu bitandukanye ntibibahire. Niyo mpamvu tugiye kubigufashamo maze ukazashimira nyuma.

Ku muntu wese wifuza kugira uruhu rwiza kandi rworoshye, yakoresha Glycerine (Giriserine) nziza z’ibimera, zivanze n’amavitamine atandukanye wavangira mu mavuta yawe usanzwe wisiga ubundi ukarushaho kugira uruhu rwiza, ugakira n’indwara z’uruhu. Iyi Giriserine nta handi ibarizwa usibye muri Ange Saloon Spa.

Ange Saloon Spa bakogereza uruhu, bakoresheje ibikoresho n’imiti bakuta muri Asia na Dubai. Ku bindi bisobanuro wabasanga kuri nimero: 0781904532/ 0784048537, (whatsapp:0788 538 135). 

Muri Ange Saloon Spa and Boutique hari amavuta akomoka ku bimera bakura Dubai no muri Asia, ayo mavuta avura cyane ibiheri, inkovu, amabara ku ruhu aterwa no kwisiga hydroquinone(mukorogo), ndetse n’ayoroshya mu ntoki n’ibirenge hakomeye.

Ku bantu bakeneye isuku ku mubiri, (nko ku bantu batifuza ubwanwa, abatifuza ubwoya buri ku mubiri nko mu kwaha, ku maguru, ubukikije igitsina) bose barabafasha bukagenda nka nyomberi.

Ku muntu wese ufite ikibazo cyose kijyanye n’uruhu, aba bahanga barakuvura maze mu gihe cy’icyumweru kimwe gusa utangira kubona impinduka.

Sibi gusa kuko bagufitiye amavuta usiga mu musansi maze ugasubirana itoto ndetse kandi batanga ubujyanama ku mirire, bagakora massage ndetse n’ibindi byinshi.

Ange Saloon Spa and Boutique, wabasanga mu isoko rya Nyarugenge, mu nyubako ya mbere, ukinjira GF 45 na 331 iruhande rwa COPEDU. Ku bindi bisobanuro wabasanga kuri nimero: 0781904532/ 0784048537, (whatsapp:0788 538 135).

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Titi Brown yongeye kugaragaza ubuhanga budasanzwe mu mibyinire ye, ubwo we n’itsinda ry’abakobwa basusurutsaga abitabiriye igitaramo cya Danny Nanone – VIDEWO

Ikipe ya Vision FC yahumuriwe amarozi ya Muhanga FC yanga kujya mu rwambariro bituma umukino usubikwa