in

Haruna Niyonzima yavuze ibanga bazakoresha bagatsinda Ethiopia

Kapiteni w’ikipe y’igihugu amavubi, Niyonzima Haruna yatangaje amagambo y’inkomezi ki bakunzi b’amavubi kugira ngo babashe kuba batsinda Ethiopia.

Ni umukino bazakina kuri uyu wa gatandatu kuri stade mpuzamahanga ya Huye aho uzatsinda azahita yerekeza mu gikombe cya CHAN.

Mu kiganiro yahaye itangazamakuru,Haruna Niyonzima,Kapiteni w’Amavubi yasabye bagenzi be gufatana uburemere uyu mukino.

Ati: “Twishimiye ko tutinjijwe igitego, ariko dufite akazi gakomeye mu rugo kandi nabwiye bagenzi banjye ko dukwiye gufatana uburemere uyu mukino. Tugomba gukoresha neza amahirwe yo mu rugo.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gasabo; Umupangayi yishe nyiri inzu amuteye icyuma mu mutwe

Ifoto igaragaza imiterere y’ibibero bya Bijoux yazamuye amarangamutima y’abafana be