in

Haruna Niyonzima ni umwe mubahuriga biteguye kujya gushyigikira ikipe ya Rayon Sports ifite akazi katoroshye i Benghazi

Haruna Niyonzima ni umwe mubahuriga biteguye kujya gushyigikira ikipe ya Rayon Sports ifite akazi katoroshye i Benghazi.

Umuyobozi w’Amahuriro y’Abafana ba Rayon Sports ku rwego rw’Igihugu, Nshimiyimana Emmanuel ‘Matic’, yavuze ko biteguye wakira abafana benshi muri Libya barimo na Haruna Niyonzima.

Kuri ubu Haruna Niyonzima akinira Al Ta’awon yo muri iki gihugu.

IBYO MATIC YATANGAJE

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aho yonnye ihoramo! Zari Boss Lady yavuze ukuntu abagabo bose baryamanye na we baba bifuza kumusubira bitwaje umugani uvuga ko imvura igwa ni isubira

Uzagurisha umugabane we akagura itike ya Miliyoni 10 mu gitaramo cya The Ben i Burundi, azagirirwa umugisha no gusurwa n’uyu muhanzi ukunzwe cyane mu Rwanda no mu Burundi