in

Haruna Niyonzima ni umukinnyi mushya wa Rayon Sports

Ikipe ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda izwiho kugira abafana benshi ariyo Rayon Sports imaze kwibikaho kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Haruna Niyonzima.

Haruna Niyonzima yamaze gusinyira Rayon Sports amasezerano y’umwaka umwe.

Aya makuru yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2024 aho uyu Haruna Niyonzima aje muri Rayon Sports avuye mu ikipe ya Al Ta’awo yo mu gihugu cya Libyan.

Niyonzima Haruna yasubiye muri Rayon Sports yaherukagamo mu 2007.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahoze ari myugariro wa Rayon Sports yatawe muri yombi akekwaho kwiba umunyezamu Kwizera Olivier

APR FC ibonye test nziza! Yousif Abderlahiman niwe rutahizamu uyoboye abandi wa Al hilal izakina na APR kuri 1/2 cya CECAFA – AMAFOTO