in

Harimo umwe ushobora kubura ubuzima; Amakuru mashya ku bana babiri b’impanga bavutse bafatanye mu bitaro bya CHUK

Mu mujyi wa Kigali ku bitaro bya CHUK hari umubyeyi wabyaye abana babiri b’impanga bavuka bafatanye.

Muganga w’indwara z’abana bakeneye ku bagwa Dr Ntaganda Edmond yavuze ko mu bana bavutse bafatanye harimo umwe ushobora kubura ubuzima kubera ko hari izindi ndwara arwaye.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yabaye umuzungukazi! Joyeuse yicaye avumbura ibanga abakobwa bi Nyarugenge bakoresha abasore bakabiruka inyuma maze nawe abiyungaho ahita ahinduka umuzungu mu kanya nk’ako guhumbya -AMAFOTO

“Sinzarekera kubyara kugeza ngeze ku ntego yange” Umugore w’imyaka 29 umaze kubyara abana 8 ndetse akaba atwite n’impanga, yahize ko azakomeza kubyara kugeza ku ntego ye