in

Harimo n’amarozi, Mubyara wa Halaand yakuyeho agahigo ka Messi na Cristiano mu gutsinda ibitego byinshi

Uyu Mubyara wa Halaand witwa Albert Braut, yakoze agashya ko kuba ari umukinnyi muto umaze gutsinda ibitego byinshi dore ko mu mikino 47 yakinnye mu mwaka wa Shampiyona uahizey, yatsinzemo ibitego 67 byose muri ahampiyona na Norwegian.

Uyu musore afite imyaka 17 gusa mu gihe kuri iyi myaka Cristiano yatsinze ibitego 17 naho Messi atsinda 26 ariko uyu musore akaba yarabakubye inshuro hafi 3 zirenga z’ibitego yatsinze wenyine mu mwaka umwe.

Abantu ntago bahwema kugaragaza ko uyu muryango wo kwa Halaand ari uwanyamupira dore ko bose bakina bataka izamu.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kuyobora urutonde rwa shampiyona y’u Rwanda nubwo ifite umukino w’ikirarane.

Musore, hita ukora ibi bintu mu gihe utereye umukobwa ivi mu ruhame akagusebya