in

Hari ubwoko bw’imodoka byemejwe ko zitazongera gutwara abanyeshuri muri Kigali

Hari ubwoko bw’imodoka byemejwe ko zitazongera gutwara abanyeshuri muri Kigali.

Urwego rw’igihugu ngenzuramikorere RURA rwasohoye amabwiriza mashya agenga imikorere y’imodoka zitwara abanyeshuri.

RURA yatangaje ko guhera mu kwa cyenda ( Nzeri 2023) nta minibus (HIACE) izongera kwemererwa gutwara abanyeshuri muri Kigali.

Ubu byibuze izizaba zemewe ni izo mu bwoko bwa coaster gusa uwuzafatwa atwaye abanyeshuri muri minibus azahanwa n’urwego rubishinzwe RURA.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese waruziko u Rwanda ruzakora ku nyanja

Bwa mbere, Lea witabiriye Miss Rwanda yagaragaye ateruye umwana we aherutse kwibaruka (VIDEWO)