in

Hari igihe umuhungu ashobora guterura ibyuma ariko mu mutwe ari tetevide! Mama Nick abwiye Miss Nyambo ibiranga umugabo agomba kuzashaka araseka aratembagara

Abakinnyi ba filime z’uruhererekane bakomeye hano mu Rwanda harimo uzwi kw’izina rya Miss Nyambo ndetse Mama Nick basekeje abantu baratembagara.

Mu kiganiro bagiranye n’umunyamakuru wigenga Murungi Sabine kuri tereviziyo ya Isimbi TV aho Mama Nick yabwiye Miss Nyambo ibiranga umugabo agomba kuzashaka.

Yagize ati:” ugomba gushaka umugabo utitaye kukuba yarateruye ibyuma kuko kuba umugabo ntibivuze guterura ibyuma dore ko hari abo usanga barateruye ibyuma ariko mu mutwe ari ntakintu kibereyemo”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Azi kwishimana n’abantu bose! Umuherwekazi Kate Bashabe yagiye mu bukwe agaragara arimo acinya akadiho n’abasangwa bo muri ubwo bukwe – Video

Ese koko ibyo bashinjwa ni ukuri? Alliah Cool na bagenzi be bongeye gutitiza imbuga nkoranyambaga gusa bashinjwa kwambara nk’abantu bagiye gushyingura -AMAFOTO