in

Haraza gushya: Ibyamamare bibiri muri muzika y’Afurika biri mu Rwanda 

Haraza gushya: Ibyamamare bibiri muri muzika y’Afurika biri mu Rwanda.

Abahanzi babiri bakomeye cyane muri Afurika aribo icyamamare Patoranking ukomoka mu gihugu cya Nigeria ndetse na King Promise ukomoka mu gihugu cya Ghana akaba yaramenyekanye cyane mu ndirimbo yise “Terminator” bari i Kigali mu Rwanda.

Aba bahanzi uko ari babiri bari kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda aho biteganyijwe ko barataramira abitabiriye inama ya “Qatar Africa Business Forum” iri kubera mu mujyi wa Kigali.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yaka Mwana ashobora kumara iyi myaka yose muri gereza azize kamere ye mbi

Umukozi wo mu rugo rwa Aliah Cool yuriranye indege na Nyirabuja wajyanye n’umwana we aherutse kwibaruka [videwo]