in

Happiness ikomeje kuvuza ubuhuha, gereza barayinjiramo amanywa n’ijoro

Urwego rw’igihugu rw’ubushinjacyaha (RIB) rwataye muri yombi abarimu babiri bo mu turere twa Rubavu na Karongi, bakurikiranyweho gusambanya abana bato basanzwe bigisha amasomo ya nimugoroba ‘Cour du Soir’.

Aba barimu bose barakekwaho gusambanya abana b’imyaka 9 aho uwp mu karere ka Rubavu yafashe umwana umwe w’imyaka 9 ndetse undi wo mu karere ka Karongi we yafashe abana batatu b’imyaka 9.

Ibi bije nyuma y’uko perezida wa repeburika avuze ku ihohoterwa rikorerwa abana b’abakobwa bakiri bato ubwo yari ari mu nama y’umuryango wa FPR akaba yari abikomoje kuri Happiness Prince Kid yatse Miss muheto Divine.

Uhamijwe iki cyaha cyo gusambanya umwana ukiri munsi y’imyaka 14 ahanwa igifungo cya burundu nta kudohorerwa kubayemo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bigishaga abana ku mugoroba babasambanya none batawe muri yombi

Murindahabi Irene yahuye n’uruvagusenya ubwo yari agiye gutamira umuceri (Videwo)