in

Hamenyekanye ubugome Messi na Neymar bakorera Mbappe

Ba rutahizamu babiri ba Paris Saint Germain bakomoka muri America yepfo, banywaniye kuri Mbappe ukomoka mu bufaransa nyuma y’uko yongeye amasezerano muri Paris Saint Germain amuhesha uburenganzira bwo gupyinagaza abandi.

Messi nk’umukinnyi wa mbere ku isi ntago yigeze yishimira ukuntu nta jambo azigera agira mu rwambariro imbere ya mbappe nsetse bihumira ku mirari ubwo mbappe yavugaga ko ashaka Neymar ko asohoka muri iyo kipe ya Paris Saint Germain bihuza nuko ari inshuti y’ajadasohoka ya Lionel Messi.

Kuva ubwo batangiye kujya bishisha mbappe ndetse no mu byo Neymar akora byose, Messi aba amushyigikiye dore ko banakinanye muri Fc Barcelona yo muri Spain.

Mu myitozo bagerageza guhuza cyane kugira ngo batange umusaruro ugasanga hari ukuntu bishisha Mbappe wigize nk’intare muri Paris Saint Germain uyu mwana wari ufite ejo heza hazaza akaba yazahangiza nkuko abandi bantu bazi iby’umupira badahwema kubigaragaza kandi bakavuga ko kubaha ndetse n’ikinyabupfura nabyo biri mu bifasha kwitwara neza ku mukinnyi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kuzana umubiri wa Yanga mu Rwanda birimo kugorana

Dore uko byari bimeze mu Kiriyo cyo kwibuka umuhanzi Yvan Buravan witabye Imana muri iki cyumweru (Videwo)