in

Hamenyekanye impamvu yatumye umusore n’inkumi bari abanyeshuri bigana mu ishuri rya G.S Rwabicuma bahitamo kubana nk’umugore n’umugabo bakiri ku ntebe y’ishuri 

Kuri uyu wa Mbere tariki 31 Ukwakira 2023, nibwo hasakaye inkuru y’abanyeshuri bigana mu ishuri rimwe muri G.S Rwabicuma riri mu karere ka Nyanza, biyemeje kubana akaramata kandi amasomo yabo agakomeza nta nkomyi.

Imiryango, inshuti baje gushyigikira isezerano rya Jean Claude Uwihanganye w’imyaka 24 y’amavuko na Jeannette Uwimana w’imyaka 21 y’amavuko, aho basezeraniye mu murenge wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza.

Nk’uko bigaragara umukobwa aratwite yatewe inda, abaturanyi babo bemeza ko impamvu bakoze ubukwe huti huti ari ukubera iyi nda uyu mukobwa atwite.

Jean Claude asanzwe akora imirimo yo gutwika amakara akabifaranya n’amasomo aho yiga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye S6 mu ishami ry’amateka ‘HEG’ yigana n’umugore we.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imyaka y’abana ikomeje kuzamo ibihekane! Umwana wavuye mu Budage agahita ajya mu Mavubi U15, yirukanwe

Umugabo ari kurira ayo kwarika nyuma yo kugura indaya agasanga ni umukobwa we yibyariye