in

Hamenyekanye igihe APR FC izatangirira gukina imikino y’ibirarane ifite

Ishyiramwe rifite umupira w’amaguru mu nshingano hano mu Rwanda FERWAFA, ryamaze gutangaza igihe umukino w’ikirarane w’umunsi wa 2 wagombaga guhuza Bugesera FC na Apr FC uzakinirwa.

Mu ibaruwa FERWAFA yandikiye aya makipe yayamenyesheje ko uyu mukino uzakinwa kuri uyu wa 5 tarki 07 ukwakira 2022.

Bugesera FC niyo izakira uyu mukino Ku kibuga cyayo mu Bugesera. Apr FC ntiyakinye imikino yayo y’umunsi wa 2 nuwa 3 bitewe nuko yari mu marushanwa nyafurika. Ikaba igifite ikindi kirarane cyo ku munsi wa 3 izahuramo na police FC.

IBARUWA IMENYESHA IGIHE IKIRARANE KIZAKINIRWA.

 

 

Bugesera FC

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amahirwe ya Onana yo gukinira Amavubi ageze ahashimishije,”Umunyamabanga wa FERWAFA”.

Ndimbati avuze ku mpanga ze yabyaranye na fridausi azamura amarangamutima ya benshi