in

Hamenyekanye icyaha Nyaxo yakoze cyatumye afungwa

Ku munsi w’ejo ku wa mbere nibwo inkuru yabaye Kimomo ko umunyarwenya Kanyamahanga uzwi nka Nyaxo yatawe muri yombi na RIB kugira ngo akurikiranweho ibyaha ashinjwa.

Nkuko umuvugizi wa RIB Dr Thierry Murangira, yemeje ko Nyaxo acumbikiwe ku cyicaro cya police mu gihe afite ibyo akurikiranweho bitari byamuhama.

Amakuru avuga ko Nyaxo yakubise uyu mugabo w’imyaka 30 icupa n’inkoni yo mu mutwe biza kumukomeretsa ubwo bari muri restora iherereye mu karere ka Nyarugenge,umurenge wa nyamirambo, Akagari ka Rugarama,umudugudu wa Rusisiro.

Nkuko tubikesha Ikinyamakuru umuryango, iyi niyo mu mpamvu Nyaxo acumbikiwe kuri sitasiyo ya Police.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Police yataye muri yombi umugeni imusanze mu bukwe bwe arimo kwiyakira

Miss Kellia yakuyeho urujijo ku rukundo na Element