in

Hamenyekanye bimwe mu byibwe muri IPRC Kigali

Haciyeho iminsi hasohowe itangazo ko IPRC Kigali ihagaritswe inyumweru bibiri ndetse abanyeshuri bahigagaga bakaba baratangiye kwitahiraz harimo hakorwa iperereza ku inyereza ry’umutungo wa Leta muri IPRC Kigali.

Mu kiganiro yahaye Radio Rwanda ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 23 Ukwakira 2022, Minisitiri Irere yavuze ko ibikoresho byibwe harimo ibyo abanyeshuri bakoresha biga, ibikoresho bwite bya RP-IPRC Kigali bijyanye n’inyubako, ibikoresho by’inyungu rusange ndetse n’ibyifashishwa mu gutekera abanyeshuri.

Yagize ati “Urabizi ko IPRC zagize uruhare muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri zitanga ibikoresho byo gutekeramo, ubwo rero hari ibikoresho bisa n’ibyo ngibyo bisa nk’ibyabuze.”

Yakomeje avuga abanyeshuri benshi bigaga muri RP-IPRC Kigali amasomo yabo yari arangiye ku buryo benshi barimo gutaha.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Casimiro wa Manchester United ibyishimo ni byose nyuma yo gutsinda igitego cye cya mbere mu Bwongereza

Ifoto isa nk’iya Mukarujanga ataragafata yasekeje abantu kuri instagram