in

Hamenyekanye akayabo k’amafaranga Cristiano yaragiye kugurwa n’amakipe yo mu barabu

Mu gihe igura n’igurisha ryari ririmbanije mu mpeshyi ishize nibwo umukinnyi w’igihangange Ronaldo yatangazaga ko ashaka kuva muri Manchester United bitewe n’uko yashakaga kujya mu ikipe ikina Champions league.

Muri iyo nkundura yose, nibwo hahise hazamo ikipe yo mu gihigu cya Saudi Arabia yashakaga kumuha akayabo k’amafaranga kari kumuhindura uhembwa neza ku isi.

Nk’uko amakuru abitangaza ni uko yendaga guhambwa miliyoni 210 z’amayero kugirango yemere gukinira ikipe ya Al Hilal, yo muri Saudi Arabia.

Mu makuru yagiye atangazwa n’ikinyamakuru gikomeye cyo muri espanye Marca, ni uko yaragiye guhambwa miliyoni 210 z’amayero zari kumuhindura umukinnyi uhembwa menshi ku isi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatanze ihumure ku kibazo cyayo kiri muri FERWAFA

Bakatiwe kuba muri gereza ubuzima bwabo bwose nyuma yo kwiba bitwaje amasuka