in

Hakizimana Muhadjiri iki cyizere yagikuyehe

Hakizimana Muhadjir ukinira ikipe ya Police FC afite icyizere ko umunsi umwe azabona ikipe imwe yo mu Rwanda izagera ku mukino wa nyuma w’imikino Nyafurika.

Ni nyuma y’uko Rayon Sports na APR FC zari zihagarariye u Rwanda muri CAF Champions League na Confederation Cup 2023-24 zavuyemo zitabashije kugera mu matsinda.

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru ISIMBI, dukesha iyi nkuru Muhadjiri Hakizimana agaruka ku mpamvu yatumye amakipe yo mu Rwanda uyu mwaka atajya mu matsinda, yavuze ko atari yo makipe yonyine yabyifuzaga kuko n’ayo bahuye yabishakaga, gusa ngo hari igihe uhura n’ikipe ikomeye kandi ikurusha byose

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Banyuzagamo bakazunguza! Miss Elsa yagaragaye yishimanye n’inshuti ye barimo bakata umuziki – Videwo

Mupenzi Eto na bagenzi be bagiye gufatirwa umwanzuro ku cyaha bakurikiranyweho