in

Hakim Sahabo mu muryango umwerekeza muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza

Nk’uko ibinyamakuru byo mu gihugu cy’Ububirigi bibivuga belgian journal lavenir-sport ikipe zo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubwongereza nka Leicester City, Frankfurt ndetse na Hoffeinhem zirifuza gusinyisha umusore w’umunyarwanda Hakim Sahabo.

Uyu musore afite imyaka 19 y’amavuko yavukiye mu gihugu cy’Ububirigi akaba akinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi nde na Standard de Liege yo mu Bubirigi.

Uyu musore w’Amavubi ikipe ye ngo iramwifuzamo miliyoni eshanu z’amayero €5M.

Byakunda se akagera muri Premier League? Yaba abaye umunyarwanda wa mbere ukinnye muri iyi shampiyona yo mu Bwongereza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aba Rayon bakiri kubyinira ku rukoma bahise bayisimbuza indi kipe ku mukino wari kuyihuza na APR FC muri Sitade Amahoro

APR FC yamenye igihe izacakirana na Simba SC yo muri Tanzania