in

Hakim Sahab uherutse gufasha Amavubi guha isomo rya ruhago Africa y’Epfo, yageze no mu Bubiligi maze abereka ko guhamagwazwa mu ikipe y’igihugu Amavubi batamwibeshyeho

Hakim SAHABO uherutse gufasha ikipe y’igihugu Amavubi ubwo yatsindaga Africa Y’Epfo ibitego 2-0, yageze no mu Bubiligi maze abereka ko guhamagwazwa mu ikipe y’igihugu Amavubi batamwibeshyeho.

Mu mukino ikipe ye ya Standard Liège asanzwe akinira yo mu Bubiligi, yaje gutsinda Lierse K yari iwayo ibitego 4-1, Hakim SAHABO yatanzemo imipira 2 yavuyemo ibitego.

Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Ugushyingo 2023, aho Sahab w’imyaka 18 yakinnye iminota 90 yose.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yaguye muri Base: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru atanze amakuru mashya ku mpanuka y’imodoka ya Kaminuza y’u Rwanda yaguye mu mugezi

Mu muhango wo gushyingura se ntiyabonetse: Umuvandimwe wa The Ben, Rukundo Elie wamenyekanye nka ‘Green P’ yagarutse mu Rwanda nyuma y’iminsi se yitabye Imana