in

Hagaragaye umuntu wahanuye amataliki y’urupfu rwa Costa titch na AKA none byahuye neza

Mu minsi yashize umuhanzi AKA yitabye Imana, none na Costa Titch nawe yitabye Imana kandi bose ni abo muri Africa y’epfo.

Gusa ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye umuntu wavuze amataliki aba bombi bazapfira ho, none koko impfu zaba bombi zahuye neza nayo mataliki.

Uyu muntu yavuze ko AKA azitaba Imana taliki ya 10 Gashyanare 2023, ibyo byarabaye, arongera avuga ko taliki ya 11 Werurwe 2023 Costa titch azakurikiraho,nabyo byabaye.

Icyakomeje gutangaza abantu n’uko ibi yabivuze mbere y’uko aba bombi bitaba Imana, kuko yabivuze taliki ya 21 Ukuboza 2022.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Salumu kanakuze
Salumu kanakuze
1 year ago

Abahanuzi

Abakinnyi 2 bari mu kibuga bakina bakubiswe n’inkuba bahita bitaba Imana

Update: Rugikubita Manchester united ibuze umukinnyi ngenderwaho umukino ukiri mu bisi