in

Habuzeho gato ngo Kiyovu Sports yisange ihuye n’ibyabaye Kuri APR FC na Rayon Sports

Habuzeho gato ngo Kiyovu Sports yisange ihuye n’ibyabaye kuri APR FC na Rayon Sports

Kuri uyu wa gatandatu ku isaha ya saa kumi n’ebyiri ikipe ya Kiyovu Sports yakinnye na Marine FC umukino urangira Kiyovu Sports ibonye intsinzi y’ibitego 2-1.

Ni umukino watangiye neza ikipe ya Kiyovu Sports yataka cyane bijyanye ni uko Marine FC abakinnyi bakomeye itari yababanje mu kibuga ndetse biza no kuyihira ibona ibitego 2 kimwe mu gice cya mbere ikindi kiboneka mu gice cya kabiri.

Marine FC yaje nayo gutangira kwataka Kiyovu Sports mu buryo bukomeye mu minota ya nyuma nk’iyo yishyuriyemo Rayon Sports na APR FC ariko ntibyayikundira ibona igitego 1 gusa umukino urangira ari ibitego 2-1.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya APR FC y’abari n’abategarugori yatangiye Shampiyona itsinda ibitego biruta ibyo iya Rayon Sports yatsindaga ubwo yari mu cyiciro cya kabiri

Ni we muhanzi ugiye kubikora! The Ben yemeje ko azakorera ubukwe mu nyubako ya mbere itinyitse mu Rwanda