in

Habuze uhoza undi! Tidjara Kabendera akibona The Ben ari kurira nawe yahise ariri ndetse kandi yavuze ko hari abagore bahohoterwa bakicecekera – VIDEWO

Tidjara Kabendera wabaye umunyamakuru kuri RBA, yavuze ko ubwo yabonaga The Ben ari kuririra ku rubyiniro nawe yahise ariri kuko yari mu gitaramo uyu mugabo wa Pamela aherutse gukorera i Bujumbura.

Mu kiganiro Tidjara Kabendera yagiranye na Irene Murindahabi, yavuze ko yabaye uwari mbere wageze kuri The Ben ubwo yavaga ku rubyiniro ari kuririra.

Ndetse kandi Tidjara yavuze ko hari abagore bakorerwa ihohoterwa bakicecekera, dore ko hari uwo azi utwikishwa ipasi ariko akaba yaranze kuvuga ihohoterwa akorerwa.

 

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Birabe ibyuya muri Murera! Abakinnyi 4 ba Rayon Sports barimo 3 bari muri 11 bakinnye na Al Hilal Benghazi barwariye rimwe ariko ntibyabujije ko abasigaye bakora imyitozo – AMAFOTO

Hirya no hino mu mujyi wa Kigali kuri sitasiyo za lisansi na mazutu hari umurongo muremure w’ibinyabiziga bishaka lisansi (AMAFOTO)