in

Habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange aho yagaramye ku kiraro igahita ishya, abagenzi benshi bakabipfiramo

Habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange aho yagaramye ku kiraro igahita ishya, abagenzi benshi bakabipfiramo.

Mu gihugu cy’ubutaliyani haravugwa inkuru y’inshamugongo aho abantu 21 bapfiriye rimwe mu mpanuka y’imodoka ikomeye.

Ni impanuka yabaye ku wa Kabiri w’iki cyumweru aho yabereye ku kiraro cya Venice.

Ubwo iyi mpanuka yabaga, iyi modoka yari itwaye abantu barenga 40 yahise ifatwa n’inkongi y’umuriro.

Ibi byemejwe kandi na Luca Zaia, Guverineri w’intara ya Venice.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Harasa umukara cyane” Umukobwa yatumiwe kuri televiziyo ubundi umunyamakuru amusaba ko atandaraza akamwereka imyanya y’ibanga ye, umukobwa yahise abikoze gusa umunyamakuru ntiyamubaniye yahise amuteza abantu ko hasa umukara

Televisiyo Rwanda yasibye ikiganiro Mutesi Scovia yavugiyemo ko abatuza abaturage ko na bo baba mu manegeka bigatungura umunyamakuru Jean Pierre Kagabo wari wamwakiriye