in

Habaye inkongi y’umuriro itunguranye

Habaye inkongi y’umuriro itunguranye.

Mu gihugu cya Australia mu gace ka Brookvale, zimwe mu nzu zibikwamo ibikoresho zatatswe n’inkongi y’umuriro itunguranye.

Izi nzu ni zimwe muzabikwagamo ibikoresho byo mu inganda zo muri kariya gace. Gusa ku bw’amahirwe Inzego z’ubutabazi  zatabariye igihe hatarashya ngo hakongoke.

Polisi yo muri kari gace ka Brookvale yatangaje ko nta muntu ntumwe wahasize ubuzima cyangwa ngo akomereke, dore ko nta n’umuntu wari ari muri izo nzu ubwo inkongi yahafataga.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuzima bwabaye ubuki! Wa mwana w’umukobwa wagaragaye ari gucuruza imineke ku muhanda ari no kwiga, yahinduriwe ubuzima asigaye yiga ahantu heza cyane (AMAFOTO)

Nyamara Juvenal nawe bazamwumva iyi sezo! Kiyovu Sports itegereje rutahizamu ukomeye wakinnye muri Portugal