in

Habaye impanuka ikomeye cyane y’indege yinjiye mu nzu inyuze mu gisenge, igahita ihitana abo isanzemo

Impanuka ikomeye cyane y’indege yinjiye mu nzu inyuze mu gisenge, yahitanya abagore babiri bari bari mu nzu yagonzwe n’iyo ndege.

Ibi byabaye ku munsi w’ejo hashize bibera mu gihugu cya Brazil aho indege yakoze impanuka ikomeye ikinjira mu nzu inyuze mu gisenge.

Iyi ndege yahise ihitana abagore babiri, Bruno Rodrigues da Rocha w’imyaka 38 na Leonardo Rodrigues da Rocha wari ufite 43.

Iyi mpanuka ikiba, ubutabazi bw’ibanze bwahise butwara abandi bantu 4 mu ndege nto, aho babajyanye mu bitaro byo mu majyepfo y’umugi wa Goiânia.

Noticas R7 yavuze ko pilote w’indege yakoze iyi mpanuka nyuma yo kwaka uburenganzira bwo guparika bitunguranye.

Kuri ubu hahise hatangira iperereza ku cyateye iyo mpanuka yatwaye ubuzima bw’abantu babiri bari bari mu nzu.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umvako Element yigenje! Imiririmbire ya Junior Giti Element Eleeeh yayiburiye injana – Reba videwo

Papa wa kiliziya Catholic ku isi agiye kuza mu Rwanda mu minsi ya vuba