in

Amavubi yazamutse imyanya myinshi! Gutsinda Africa y’Epfo bitumye FIFA ihita izamura Ikipe y’igihugu Amavubi ku rutonde ngarukakwezi rw’amakipe y’ibihugu muri ruhago yitwaye neza

U Rwanda rwazamutse imyanya irindwi ku rutonde rwa FIFA, ruba urwa 133 ku Isi n’urwa 40 muri Afurika nyuma yo kwitwara neza mu mikino ibiri ibanza yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.

Ku rwego rw’isi, urutonde ruyobowe na Argentina.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntabwo ari ubwa mbere amutangiye ikirego kuko mu 2022 yamureze muri RIB” Ibintu 5 bishya byavugiwe mu rukiko ubwo umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yaburanaga hamenyekanye n’uwamureze kuri RIB – AMAFOTO  

Yicujije avuga ko atazongera kuvuga Mutesi Jolly: Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yabwiye Urukiko ko atazigera yongera kuvuga Jolly kuko n’ubundi urubanza rwa Prince Kid rwarangiye