in

Gutera akabariro abizi cyane! Hamenyekanye ibihumbi by’abagore myugariro wa Man City ‘Mendy’ amaze kuryamana nabo byatumye aca agahigo kari gafitwe n’Umwami Salmon

Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester City, Benjamin Mendy, ushijwa gufata ku ngufu umugore, yamubwiye ko ‘yaryamanye n’abagore bagera ku bihumbi 10’.

Mu Kwakira 2020, nibwo Mendy w’imyaka 28 ashinjwa gusagarira uwo mugore, wari ufite imyaka 24, ndetse kandi ari mu rundi rubanza ashinjwa kugerageza gufata ku ngufu undi mugore, wari ufite imyaka 29, wavuze ko uyu myugariro yashatse ko baryamana ubwo yari iwe.

Umwe mu bashinja Mendy kubafata ku ngufu yavuze ko nyuma yo kubigeraho yamubwiye ko amaze kuryamana n’ababarirwa mu bihumbi.

Yagize ati “Nta kibazo. Nakoranye imibonano mpuzabitsina n’abandi ibihumbi 10”. Ngo yabikoze kuva afite imyaka 16 ashaka guca agahigo kari gafitwe n’umwami Salmon uvugwa muri Bubiliya, ko ryaryamanya n’abagore igihumbi.

Mendy ahakana ibi birego byose ashinjwa ahubwo avuga ko aba bagore 2 babeshya ahubwo aribo bifuzaga kuryamana nawe. Muri Mutarama 2023, Mendy, yahanaguweho bimwe mu byaha bitandatu yashinjwaga bifitanye isano no gufata ku ngufu yakoze mu bihe bitandukanye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Urubanza rwa Prince Kid ntirugisomwe

Noneho Yolo the Queen byose abishyize ku karubanda! Yolo the queen yongeye kunomfesha abagabo