in

“Gukundwa ntibigurwa” Umusore wiyogoshesheje akandikamo izina rya The Ben mu musatsi we, yakoze ku mutima wa The Ben – Amafoto

“Gukundwa ntibigurwa” Umusore wiyogoshesheje akandikamo izina rya The Ben mu musatsi we, yakoze ku mutima wa The Ben.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, David Bayingana yasangije amashusho y’umusore wiyogoshesheje mu musatsi we yandikamo izina rya The Ben, kuri aya mashusho yanditseho ati “Ntibigurwa” yashatse kuvuga ngo gukundwa ntibigurwa, ubwo yabwiraga The Ben.

The Ben nawe mu buryo bwo kugaragaza ko abyishimiye kandi byamukoze ku mutima, ntabwo yigize yerengagiza aya mashusho ahubwo nawe yayapostinze.

The Ben muri iki gihe ni umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bakomeje kugaragarizwa urundo cyane mu mande zose z’igihugu.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo yarabirenze! Umusirimu Cristiano Ronald ntakirangajwe ishinga no kwesa uduhigo ahubwo hari ikindi ashyize imbere y’ibindi byose

Umunyamakuru wa FINE FM mu iperereza ryakozwe na RIB ku bijyanye n’ikibazo cya Ferwafa na bana birukanwe mu irerero rya Bayern Munich