in

“Gukinira ku idarapo ry’igihugu bimaze kuba akamenyero, ntagisekeje cyangwa igishimishije kibirimo” Abanyarwanda bariye karungu nyuma y’uburyo idarapo ry’igihugu rikomeje kumenyerwa

“Gukinira ku idarapo ry’igihugu bimaze kuba akamenyero, ntagisekeje cyangwa igishimishije kibirimo” Abanyarwanda bariye karungu nyuma y’uburyo idarapo ry’igihugu rikomeje kumenyerwa

 

Nyuma yuko kumbuga nkoranya mbaga hakomeje gucicikana amashusho agiye atandukanye y’abantu bajya gusezerana mu murenge ubundi bagakora ibyo bishakiye bari kurahira, abantu bakomeje kubyinubira.

Amajwi yabaye menshi ku mbuga nkoranyambaga yamagana ibi bintu byo gukora ibyo wishakiye igihe ufashe idarapo ry’igihugu urimo urahira.

Ati ” Ibi wabikora mu rusengero, wabikora mu kazi, wabikora n’ahandi ariko kubikora ufashe idarapo ry’igihugu ni amahano, ndetse nta gishimishije kirimo nta n’igisekeje kirimo, bigomba guhinduka”.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abashyigikiye ikipe yo mu Rwanda; Amakuru mashya ku buzima ikipe ya Rayon Sport ibayemo mu gihugu cya Libya i Benghazi

Nyuma yo gukora ubukwe, Prince Kid agiye gusubira mu rukiko kuburana