in

“Godfather yandwaye inzika” Mbere ho gato yo gutabwa muri yombi na RIB, Jean Paul Nkundineza yavuze ukuntu hari ibintu yangiye Godfather wo kuri Twitter bigatuma umurwara inzika [VIDEWO]

“Godfather yandwaye inzika” Mbere ho gato yo gutabwa muri yombi na RIB, Jean Paul Nkundineza yavuze ukuntu hari ibintu yangiye Godfather wo kuri Twitter bigatuma umurwara inzika.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo RIB yemeje ko yataye muri yombi Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza.

Mbere y’uko atabwa muri yombi, Jean Paul yari yikomye uwitwa Godfather kuri Twitter.

Jean Paul avuga ko uyu mugabo uzwi kuri space ko yamurwaye inzika nyuma yo kumwangira ibyo yamusabaga.

Avuga ko Godfather yamuhanaguraga amusaba amakuru yo muri Miss Rwanda ndetse ko hari n’aho yamuhamagaye avuga nabi, Mutesi Jolly.

Impamvu Nkundineza avuga ko Godfather yamurwaye inzika ni uko yagiye yanga ubusabe bwe.

Bumwe muri ubwo busabe hari nk’aho Godfather yamusabye gufata amajwi ibyavugiwe mu rukiko kandi bitari byemewe.

Ikindi kandi ngo Godfather yigeze gutumira Jean Paul kuri Space yo kuri Twitter gusa ntiyagiyeho.

[VIDEWO]

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bahise banga gukina: Abakinnyi b’ikipe y’igihugu yakinaga n’u Bubiligi bashaka itike yo gukina Euro 2024 banze gukomeza gukina ubwo bumvaga inkuru y’inca mugongo

Umuryango w’abanditsi mpuzamahanga wasabye ko umunyamakuru uherutse gutabwa muri yombi na RIB, afungurwa byihuse