in

Gisozi: Abakozi b’Umurenge bataye intumbi y’imbwa mu muhanda rwa gati nyuma yo gufata umusore wari uri kuyibaga agiye kuyikoramo amasambusa

Abakozi y’Umurenge bataye intumbi y’imbwa mu muhanda rwa gati nyuma yo gufata umusore wari uri kuyibaga agiye kuyikoramo amasambusa.

Nk’uko bitangazwa na Ndahiro Valens kuri X, yavuze ko abakozi b’Umurenge bataye intumbi y’imbwa mu muhanda rwa gati.

Yagize ati: “Abaturage baranenga Abakozi b’umurenge wa Gisozi bajugunye Intumbwi y’imbwa mu muhanda rwa gati imbere ya Dove Hotel.”

Akomeza agira ati: “ababibonye bati <<Bafashe uwayibagaga ngo ayitekemo isambusa baramuhondagura bamushyira mu modoka y’isuku n’umutekano ari intere, Imbwa bayijugunya aha.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yayiparitse i Nyamirambo induru ziravuga! Ubwo abakinnyi ba Rayon Sports bageraga ku kibuga, Kapiteni Rwatubyaye Abdul we yaje yitwaye muri Range Rover y’umuturika (AMAFOTO)

Ikipe ya Rayon Sports yibwiye abatanazi iha karibu abakunzi bayo bari baraguye bubamye