in

Gisimenti yari imeze nka Sodoma na Gomora iri kuyonga nka Buji y’ijana 100 Frw

Mu mwaka washize nibwo hafunguwe ahazwi nko ku Gisimenti aho bafungaga imihanda imwe n’imwe maze abantu bagatera intebe muri iyo mihanda bifatira kamwe.

Gisimenti yatwitse icyaduka kuko umusirimu utarasohokeraga aho ntiyabarwaga nk’umusirimu kuko haraharawe cyane.

Iyo watembereraga muri iyo mihanda mu mpera z’icyumweru wabonaga urujya n’uruza rw’abantu bitandukanye no muri iyi minsi abantu baba bariyo aba ari mbarwa.

Amakuru agera kuri Yegob.rw ni uko utubari icumi two mu Gisimenti tumaze gufunga imiryango mu gihe udufunguye natwa turi mu marembera.

Hari kwibazwa icyabaye cyikayobekana kugira ngo Gisimenti iyonge bene aka kageni.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Iyo bumvishe adatatse bavuza induri ku musozi” Umugore yavuze ukuntu mu cyaro batora ubusurira maze bagakwena umugabo wananiwe gutatsa umugore (Audio)

Ngaya amafoto y’urubogobogo y’ikizungerezi cyatumye Divis D ashimangira ko ari umwami w’abana