Abaturage bo mu murenge wa Kageyo mu karere ka Gicumbi , batabariza umukecuru wabo witwa MUKAKAYONDE ugeze mu zabukuru akaba agiye kugwirwa n’inzu abamo ishaje.

Iyonzu ikaba yaratangiye kugaragaza ibimenyetso byo kugwa kandi ikaba yari yubakishije ibiti bikaba byashaje.
Uwo mukecuru yiyambaje abaturanyi be