in ,

Gerard Pique niwe musore worohewe no gutereta umuhanzikazi Shakira (Iyumvire)

Umusore w’imyaka 29 ukinira ikipe ya FC Barcelona,Gerard Pique umaze imyaka itari mike akundana n’umuhanzi w’icyamamare Shakira bafitanye n’abana 2 yaje kwivugira uburyo yakoresheje ngo yigarurire umutima w’uyu muhanzikazi wifuzwa n’abagabo benshi.

Gerard Pique yemera ko bahuye bwa mbere mu gutunganya amashusho ya waka waka indirimo Shakira yaririmbiye igikombe cy’Isi cya 2014 hakagaragaramo abakinnyi ba ruhago benshi harimo na Pique.Uyu mukinnyi wa Barca ngo yaje kumwaka nimero ze za telefone nuko aza kumwandikira amubaza uko ikirere kimeze muri Afurika y’epfo kubera ikipe y’igihugu ya Espanyi yahageze nyuma.

Pique akomeza avuga ko yari yiteze ko aza kumubwira ngo hameze neza cyangwa nabi muri message itari ndende,ariko si uko uyu muhanzikazi yabigenje kubera yamusubije message ndende amusobanurira ibintu byinshi cyane ariko Pique yatunguwe agakomerezaho kugeza ubwo bagiranye abana babiri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking News: Amafaranga azagurwa Cristiano Ronaldo amaze kumenyekana

Dore ibintu 5 by’ingenzi wakora bigafasha batterie yawe kubika umuriro igihe kirekire