in

Genda Nizzo waryaga neza! Ex wa Nizzo Kaboss akomeje kuba igisobanuro cy’ubwiza kuri benshi

Genda Nizzo waryaga neza! Ex wa Nizzo Kaboss akomeje kuba igisobanuro cy’ubwiza kuri benshi.

Sacha Katee wahoze ukundana na Nizzo Kaboss mu gihe Urban Boyz yari ikiri kuri hiti, ni umwe mu bakobwa bakomeje kuganza mu bwiza.

Kugeza ubu ugiye gukora urutonde rw’abakobwa beza mu Rwanda ntumushyiremo, ntakabuza waba wigiriza nkana.

Amwe mu mafoto agaragaza ubwiza bw’uyu mukobwa (Amafoto).

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi yo izatitiza Kigali: Mwibanga rikomeye hagaragaye bimwe mu bintu Papa Cyangwe ahishiye abakunzi be -AMAFOTO

Mu Rwanda: Nta muturage uzongera guhabwa serivise cyangwa ngo afashwe hagendewe ku byiciro by’ubudehe