in

Gasogi Utd ibuze undi mukinnyi ukomeye werekeje mu ikipe iri muzikomeye mu Rwanda

Myugariro Nkubana Marc uri mu bakinnyi bafashije ikipe ya Gasogi utd muri shampiyona yashize ntabwo azakomeza gukinira iyi kipe muri shampiyona itaha.

Umuyobozi wa Gasogi Utd bwana Kakoza Nkuriza Charles, yatangaje ko uyu mukinnyi azakinira Police FC, umwaka utaha.

Nkubana Marc myugariro w’umunyarwanda ukina ku ruhande rw’iburyo ndetse akaba ari mu bakinnyi benshi bemeza ko akwiriye umwanya mu Mavubi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Clarisse Karasira ari mumazi abira kubera amagambo yatangaje

Breaking news: Muri Rayon sport FC umweyo uravuza ubuhuha imaze gusezerera abakinnyi barenga 10