in

Gasabo: Nyiri nzu yananiwe kwihanganira umupangayi we warumurimo amafaranga y’ubukode amukorera ibintu benshi bise ubunyamanswa

Mu Karere ka Gasabo mu murenge wa Jabana niho humvikanye ikibazo cya nyiri nzu wafungiranye umupangayi we akoresheje umunyururu n’ingufuri 2.

Uyu mugabo bivugwa ko ari Mutwarasibo yafungiranye umupangayi we mu nzu yifashishije umunyururu n’ingufuri amuziza ko yamwambuye amafaranga y’ukwezi kw’inzu angana n’ibihumbi 15, Uyu mupangayi avuga ko ibyo yakorewe ari akarengane nyiri nzu yakabaye abiryozwa.

Gusa n’ubwo bimeze gutyo uwari umupangayi yari yababwiye ikibazo afite kiri gutuma atabona amafaranga kuko umwana we yari yararozwe, mu gusobanura uyu mupangayi yavuze ko yari ari mu bijyanye no kuvuza umwana we warurembye.

Gusa ibi uyu nyiri nzu ntiyabikozwaga kuko we icyo yari ashyize imbere nukwishyurwa, ni nayo mpamvu yafashe umwanzuro wo gukingirana uyu mupangayi we hagati mu ijoro ahagana saa sita z’igicuku.

Izi nizo ngufuri yari tarunzeho

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inzoga n’ibebi! Phil Peter yagaragaye ari gutera ubushoti inzoga y’ubukana ndetse ari nako abakobwa b’uburanga bari kubyinira iruhande rwe (Videwo)

Umuhungu wa Ronaldinho yaguzwe n’ikipe ikomeye yo muri Espanye aho agiye kusa ikivi Se yasize muri iyi kipe