in

Gabriel Jesus n’umugore we bibarutse umwana nyuma yo gutwara Premier league.

umunya-Burazire ikinira ikipe ya Manchester City yataka Gabriel Jesus, ubwo ikipe ye yegukanaga Premier league yagaragaje mu mafoto we n’umugore we atwite ndetse bigaragara ko akuriwe.

Ntabwo byatinze kuko Gabriel Jesus yamaze gutangaza ko we n’umugore we bibarutse umwana wabo ndetse ameze neza nkuko umugore we  yabinyujije kuri Instagram.

Gabriel Jesus n’umugore we, uyu mwana wabo wa mbere bakaba bamwise Helena, ubazaniye ibyishimo n’umunezaro mu muryango wabo.

Iki cyumweru cyabaye kiza cyane kuri uyu mukinnyi aho nyuma yo gutwara premier league abyaye umwana.

Gusa ubungubu akaba ategerejwe ko azasohoka muri iyi kipe ya Manchester City bitewe n’iza rya kizigenza Haland.

Ndetse amakuru avugako mu mpeshyi itaha ashobora kuzerekeza muri Arsenal yamwifuje bikomeye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abagabo bategetswe kurongora abagore batanu cyangwa bagahabwa ibihano byatangajwe

Uko biba bimeze iyo umwana wa Miss Bahati Grace abonye Papa we (video)