in

FIFA yatangaje igihugu cyo muri Afurika gishobora gukurwa mu gikombe cy’Isi cyo muri Quatar!

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi (FIFA)yatangajeko ishobora guhagarika Tunisia kuzitabira imikino y’igikombe cy’Isi muri Quatar biturutse kukuba Leta yarivanze mu miyoborere ya Federasiyo yaho Kandi ibyo FIFA ibyanga urunuka.


Ibi FIFA yabitangaje biturutse ku magambo yatangajwe na Minisitiri ushinzwe urubyiruko n’umuco muri Tunisia wavuzeko azahagarika abayobozi bayobora ishyirahamwe ry’umukino w’umupira w’amaguru muri Tunisia (Tunisia Football Association) Kandi FIFA ibuzako Leta zivanga mu miyoborere ya ma Federasiyo mu bihugu.

Ibi bihamye Tunisia yahanishwa kutazitabira imikino y’igikombe cy’Isi muri Quatar ibura ukwezi kumwe ngo itangire.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’ibihombo Kanye West yikurururiye Hamenyekanye umuraperi wahise umusimbura ku rutonde rwabaraperi batunze agatubutse

Kigali: Amashirakinyoma ku nkuru y’umwarimu wakubise Umunyeshuri maze ahinduka inzoka muri G.S Kagugu