in

FERWAFA yeretse Shaddy Boo na bagenzi be ko bibeshya bakayataka nta makuru bafite ku byo bari bari kuvuga

FERWAFA yeretse Shaddy Boo na bagenzi be ko bibeshya bakayataka nta makuru bafite ku byo bari bari kuvuga.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo Ferwafa yatangaje ko abana bo irerero rya Bayern Munich bagiye mu Budage.

Mu babonye ayo mashusho, bagize ngo abo bana ni abana b’imyaka 12 bari baherutse gutoranywa.

Kubera ukuntu aba bana bagaragara nk’abaso, byatumye abibeshye ku myaka nataka Ferwafa.

Mu kubasubiza, Ferwafa yababwiye ko abo bana batandukanye n’abo b’imyaka 12 ko ahubwo bo ari bakuru babo b’imyaka 14-16.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ari imbere y’itorero, Nyina wa Miss Ishimwe Naomie yavuze ko Imana yari yaramweretse ko umwana we azaba Miss Rwanda

Abakunzi ba Rayon Sports ntibamutegereze vuba! Rutahizamu ukomeye Joachiam Ojera ntabwo aragaruka muri Rayon Sports vuba kandi imikino azasiba harimo n’iyo iyi kipe itegetswe gutsinda