in

FERWAFA yemeje umutoza mushya wa Amavubi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, ryatangaje ko Umudage Torsten Frank Spittler ko ari we wagizwe umutoza mushya w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, aho agomba gutangirira akazi ke mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.

Muri Kanama 2023, ni bwo uwari Umutoza w’Ikipe y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru, Carlos Ferrer yasezeye ku mirimo ajya gutoza ikipe y’Igihugu ya Belarus.

FERWAFA inyuze ku mbuga nkoranyambaga zayo yatangaje ko Torsten Frank w’imyaka 61, umaze imyaka 30 mu kazi k’ubutoza yabaye umutoza wungirije w’Ikipe y’Igihugu y’u Budage y’Abatarengeje imyaka 16,ko ariwe ugiye gutoza Amavubi.

Itangazo rya FERWAFA rimenyesha umutoza mushya

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Impaka zikomeje kuba nyinshi kubera amafoto y’abakobwa 2, umwe yambaye umwambaro w’ikipe ya Rayon Sports undi yambaye uwa APR FC hibazwa uberewe kurusha undi – AMAFOTO

Musanze: Umugore yanize umwana we amaze gupfa amukorera ikindi gikorwa cy’ubunyamanswa cyateye agahinda abakibonye