in

FERWAFA nyuma yo kubona abanyamuryango bayo bayishinja ikintu gikomeye igiye gutungurana mu buryo butangaje kugirango yongere ibigarurire

FERWAFA nyuma yo kubona abanyamuryango bayo bayishinja ikintu gikomeye igiye gutungurana mu buryo butangaje kugirango yongere ibigarurire

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda FERWAFA yari imaze iminsi bamwe mu banyamuryango bayo bayishinja uburangazi cyane mu gutegura amarushanwa none igiye kongera abakozi kugirango ibintu bigende neza.

Kugeza ubu muri FERWAFA abantu 2 gusa nibo bari bari gutegura aya marushanwa yose harimo icyiciro cya mbere mu bagabo no mu bagore, icyiciro cya kabiri mu bagabo no mu bagore ndetse bakanategura amarushanwa y’abakiri bato yatangiye gukinwa kugeza ubu gusa amakuru YEGOB twamenye ni uko bagiye kongerwa kugirango bikorwe neza.

Biravugwa ko kugeza ubu hagiye no gushyirwaho umuntu umwe gusa ugomba kwita ku marushanwa y’abakiri bato kugirango ajye atanga raporo yose. Ibi bigiye gukorwa muri gahunda yo kugirango iri rushabwa rizatage umusaruro ugaragara ndetse binagire icyo bimarira igihugu muri rusange.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imyambarire y’abakobwa bari mu mashusho y’indirombo nshya y’umuhanzi Afrique ntabwo yari imenyerwe i Kigali (AMAFOTO)

Ku manywa izuba ricanye, umukobwa yaguye mu maguru y’umwogoshi bari bari gusambana muri Lodge