in

FERWAFA n’ubuyobozi bwa Rwanda Premier League batangaje impinduka ku masaha y’imikino .

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ku bufatanye na Rwanda Premier League ishinzwe gutegura Shampiyona y’u Rwanda mu cyiciro cya mbere , batangaje ko imikino yose yari iteganyijwe kuba ku masaha y’umugoroba igomba kwimurirwa ku masaha ya manwa kugeza ikibazo cya moteri yo kuri Kigali Pelé Stadium gicyemutse.

Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko Umujyi wa Kigali utangaje ko ikibazo cya moteri y’iyi stade kitari cyakemutse, bigatuma habaho impungenge ku rumuri rukenewe mu mikino y’umugoroba.

Bityo, amakipe yose yagombaga gukina ku masaha y’umugoroba, azajya akina ku masaha yo ku manywa, kugira ngo habeho urumuri ruhagije ku kibuga.

 

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Arsenal mu mugambi ukomeye wo kongera imbaraga mu busatirizi

Menya byinshi kuri SC Constantine yitendetse kuri police FC